Abantu 147 baguye mu mpanuka y'ikamyo ya essenece muri Nigeria, abatari bake barakomereka. Polisi muri Leta ya Jigawa ...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, Amb Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera uherutse kwitaba Imana azize uburwayi bwa ...
Amb Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera uherutse kwitaba Imana azize uburwayi yasezeweho mu cyubahiro, avugwa ubutwari bwamuranze mu buzima bwe n’uko yitangiye Igihugu. Umuhango wo gusezera kuri Amb Col ...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Nyafurika gishinzwe Kurwanya Indwara (Africa CDC), Dr. Jean Kaseya, yavuze ko u Rwanda ruzatsinda Icyorezo cya Marburg mu gihe cya vuba kandi bitewe n’ingamba zo kukigenzura ...
Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera wabaye umuyobozi mu nzego zitandukanye z’Igihugu yitabye Imana. Inkuru yo gutabaruka kwa Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko kugeza ubu abantu barenga 200 bamaze gukingirwa Icyorezo cya Marburg mu Rwanda. Yavuze ko u Rwanda ruherutse kwakira dose 700 z’inkingo za ...
Hari aborozi bo mu Karere ka Nyagatare bavuga ko bahangayikishijwe n'uko amwe mu mariba rusange y'amazi azwi nka Valley dams yari asanzwe abafasha kubona amazi y’amatungo yabo yamaze kwangirika, kuri ...
Abanyamategeko n’abashakashatsi bakurikiranira hafi imanza za Jenoside yakorewe Abatutsi, basanga urubanza rwa Eugene Rwamucyo rukomeje i Paris mu Bufaransa, ruzatuma amateka ya Jenoside yakorewe ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Guverinoma y'u Rwanda yijeje abacuruzi bagihura n'imbogamizi mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba ko igiye kurushaho kuganira n'ibindi bihugu byo muri aka karere, ndetse ko kuri iyi nshuro bagiye ...
Urwego rw'Ubwiteganyirize mu Rwanda, (RSSB) rwashoye hafi Miliyari 4 Frw azakoreshwa mu kongera umubare n'ubumenyi by'abakorera kwa muganga, aya mafaranga akaba yatanzwe binyuze mu masezerano ...
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya Magendu n’ibindi Byaha (ASOC) yafashe amabalo 24 y’imyenda ya caguwa, hafatwa n’umugabo w’imyaka 33 y’amavuko, ucyekwaho uruhare mu kuyinjiza mu Gihugu mu ...