News
Amerika irimo gukangisha Uburusiya ko buzahura n'ingaruka mu rwego rw'imari niba amasezerano yo kurangiza intambara muri Ukraine atagezweho mu minsi 50.
Perezida w'Amerika Donald Trump yavuze ko yatengushywe na Perezida w'Uburusiya Vladimir Putin ariko ko ibye na we bitararangira, mu kiganiro cyihariye cyo kuri telefone yagiranye na BBC yonyine.
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results